Skip to content Skip to footer

Dr Mukeshimana yagaragaje ubuhinzi n’ubworozi nk’umwuga w’ibihe byose

Dr Mukeshimana Geraldine, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko ubuhinzi burimo gukorwa na bwo ari ubucuruzi. Yabigarutseho ku wa Kane taliki 17 Ugushyingo 2022, mu muhango wo gusoza amasomo y’igihe gito ku banyeshuri basaga 300 bize ubuhinzi n’ubworozi.

Avuga ko nta wundi mwuga umuntu akora umunsi wose, umwaka wose ukarangira. Ati “Ubuhinzi n’ubworozi ni umushinga w’igihe cyose, ubuhinzi ni ubucuruzi.

Ibyo mwize bijyanye na porogaramu za Leta, ari made in Rwanda ndetse n’ibindi bigamije guteza imbere Abanyarwanda”.

MINAGRI igaragaza ko Leta ifite gahunda nyinshi zo guhanga akazi. Dr Mukeshimana ashimangira ko urubyiruko rwinshi ruri muri gahunda ya Green house.

MINAGRI ishima ibyo urubyiruko rwahisemo kandi rugahitamo neza. Dr Mukeshimana akomeza avuga ati: “Nta gihugu na kimwe kigeze gitera imbere, cyidateje imbere amashuri ya TVET, TVET rero si iy’abaswa.

Read More…

Best Choice for Creatives
This Pop-up Is Included in the Theme
Purchase Now